Hari hashize iminsi ntandika inyandiko nsha kuri site kubera nari ndi gusubiramo sites zombiĀ ishimwe.com na Praisevoice.comĀ Aho mbohokeye rero mfite ikibazo ngirango ndangire namwe ijambo rimaze iminsi rintera gutekereza cyane. Iyo bavuze ngo “gukorera Imana” abantu twese dushobora kuba tutabyumva kimwe. Ibi mbitewe n’uko muri Bibiliya umugani w’umusamaritani mwiza utwereka ko gukora ibyo Imana [ Read More ]







