Dukunze kuvuga ko Yesu ari umwami wacu ndetse no kumwamamaza cyane. Ikibabaje ariko ni uko uko iminsi ishira ariko mbona ko turushaho gusa n’abibagirwa by’ukuri icyo Kristo yadukoreye. Twibagirwa ko yaje mu isi ngo adukize ibyaha byacu byari byaradutandukanije n’Imana. Ntabwo yaje mu isiĀ kuduha ubutunzi bwo mu isi dore ko wagirango nibwo butumwa busigayeho [ Read More ]







