You are browsing the archive for Ntibisanzwe.

Chat ya ishimwe.com

November 13, 2009 in Ntibisanzwe by Janvier M

nsi ishize nababwiye ko hari byinshi byarimo bitegurwa mu rwego rwo gutunganya neza services za ishimwe.com Ikindi gishya rero cyiyongereye ku byari bisanzwe ni uko ubu noneho kuri ishimwe hari chat (aho ushobora kuganira) ndetse na shoutbox (aho ushobora gusiga ubutumwa bwa bose). Gutangira kuganira n’abandi kuri chat rero biroroshye kuko link ya chat iri hejuru muri “admin bar”. 1)... 

Intashyo, ab’iwacu muraho, ….

October 1, 2008 in Amakuru, Ntibisanzwe by Janvier M

aho ko dukumbura abavandimwe n’inshuti tukifuza kuba twababwira ikiri ku mutima mu buryo bwihariye. Hano kuri ishimwe.com ndetse no kuri PraiseVoice twabashyiriyeho uburyo bwiza bwo gutura indirimbo abanyu (inshuti n’abavandimwe) mu ntashyo. Dore uko bigenda ngo uture umuntu indirimbo kuri ishimwe:  Read More →

kubwiriza

June 25, 2008 in Ntibisanzwe by Janvier M

 Read More →

Ibibazo mu bibazo ku bibazo

June 19, 2007 in Amakuru, Ivugabutumwa, Ntibisanzwe by Janvier M

suhuje kandi banyrubuga. Maze iminsi ntekereza ku ijambo ibibazo. Buri munsi iyo ubyutse ukareba amakuru asigaye kuri TV cg radio na internet usanga ikivugwa ahanini ni ibibazo. Ibibazo mu miryango, ibibazo mu butunzi, ibibazo mu mashuri, ibibazo hagati y`ibihugu, . . . . Mu� buzima bwa buri munsi nabwo, ni ibibazo mu bavandimwe, umwana n`umubyeyi, ibibazo mu nshuti, . . . Noneho rero, mu... 

Wakwishyura iki?

May 24, 2007 in Ntibisanzwe by Janvier M

nyarubuga mwese reka mbibarize ikibazo. . . Wakwishyura iki? Wakwishyura iki bakubajije ku bijyanye n’imyizerere yawe? Wakwishyura iki usanze igihe wataye mu rusengero cyarapfuye ubusa? Wakwishyura iki usanze ibyaha byawe byagutanze imbere? Wakwishyura iki usabwe gusobanura buri jambo wavuze? . . . . . . . .  Ibi bibazo  ndetse n’ibindi bimeze kimwe, ni ibibazo bisanzwe, nyamara... 

Ninde wavuze ko isi ishaje?

May 24, 2007 in Amakuru, Ntibisanzwe by Janvier M

minsi igenda yicuma ni uko kuri bamwe ibibazo bigenda bigwira. Hirya no hino turabona intambara, inzara, imyuzure n’ibindi. Bisa n’ibyo Yesu yavuze ubwo aheruka ino. Abandi bo bati ibyo byahozeho. Nyamara iyo urebye witonze usanga amazi atari ya yandi. Ndafata urugero rworoshye. Ubwicanyi bwabaye mu kinyejana gishize bugaragaza by’indengakamere ko ikiremwamuntu kigenda kirushaho...